Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku italiki ya 19 Mata 2025 mu murenge wa Kinyinya, akarere ka Gasabo ubwo umubyeyi w’uyu mwana wasambanyijwe yageraga iwe agasanga basambana. Ni inshuro ya Kabiri uwo mukobwa yari abikoreye uwo mwana.
Mu ibazwa rye mu nzego z’iperereza yemeye icyaha ndetse no mu Rukiko nabwo aracyemera; asaba imbabazi. Urubanza rukaba rwapfundikiwe ruzasomwa ku itariki ya 18 Nyakanga 2025
Icyaha cyo gusambanya umwana giteganywa kandi kigahanishwa ingingo ya 14 y’ Itegeko no 059/2023 ryo kuwa 04/12/2023 rihindura itegeko no 068/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.
.jpeg)
Comments
Post a Comment
Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.
AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA
N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.
Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA