Iyi mpanuka idasanzwe yabereye ku muhanda Sonatube-Rwandex, aho abagabo babiri bapfuye bagwiriwe n'imizigo y'imodoka.
Amakuru atugeraho avuga ko ubwo bari bagiye gutangira gupakurura ikamyo yari ipakiye ibyuma by'amatube. Ari bwo imizigo yabahitanye.
Ababonye iyi mpanuka iba, bemeza ko byatewe n'uko ikamyo yari iparitse nabi. Gusa nta makuru menshi aratangazwa ku cyaba cyatumye iyi mpanuka ihitana abantu.
Inkuru ikomeza...

Comments
Post a Comment
Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.
AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA
N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.
Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA