Umugabo witwaga Bonane wo murenge wa Rugarama, akagari ka Kanyangesi, umudugudu wa Gakeri, mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 10 Werurwe 2025, yategewe amacupa ane y'inzoga zizwi nk'ibyuma ayamaze ahita apfa.
Bivugwa ko yari yateze na bagenzi be ko inzoga nizimunanira ari buzishyure; hanyuma ubwo yamaraga amacupa ane bari bamutegeye, yaje no gusaba irindi cupa rya gatanu, ariko bidatinze ahita apfa bitunguranye.
Bamwe mu baturage baganiriye na BTN basabako abamutegeye amacupa y'inzoga bashakishwa bakabibazwa dore ko bahise batoroka.
Inkuru ikomeza...

Comments
Post a Comment
Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.
AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA
N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.
Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA