Ibyo abaregwa bakoze byabaye ku itariki ya 29 Mutarama 2025 ubwo bafatwaga bamaze gukora inyandiko yuzuyemo ibinyoma, bagaragaza ko umwana wabo wasambanyijwe n’umukwe wabo afite imyaka y’ubukure, bakaba bari bagamije kuyikoresha mu rubanza rwe kugira ngo arekurwe. Abaregwa bakaba bemera icyaha bagasaba imbabazi.
Inkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru, ivuga ko icyaha cyo gutanga ubuhamya bw’ibinyoma, giteganywa kandi kigahanishwa ingingo ya 255 y’itegeko n°68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.

Comments
Post a Comment
Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.
AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA
N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.
Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA