AMAKURU AHERUKA

Rubavu: Hari Abanyeshuri basabwe gutaha kubera imirwano iri ku mupaka


Kuri uyu wa Mbere, bamwe mu banyeshuri basabwe
gusubira iwabo, bitewe  ahanini n'ikibazo cy'umutekano muke uri mujyi wa Goma, aho umutwe wa M23 uri kurasana n'igisirikare cya Congo amasasu akagera mu Rwanda.

Biravugwa ko bimwe mu bigo by’amashuri bitandukanye byo mu karere ka Rubavu byegereye umupaka muto uhuza u Rwanda na RDC, aho imirwano iri kubera ubu abanyeshuri babyigamo basabwe gutaha mu gihe imirwano ikomeje kandi hakaba hari amasasu ari kugwa ku butaka bw’u Rwanda.

 


 

Comments