Biravugwa ko bimwe mu bigo by’amashuri bitandukanye byo mu karere ka Rubavu byegereye umupaka muto uhuza u Rwanda na RDC, aho imirwano iri kubera ubu abanyeshuri babyigamo basabwe gutaha mu gihe imirwano ikomeje kandi hakaba hari amasasu ari kugwa ku butaka bw’u Rwanda.

Comments
Post a Comment
Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.
AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA
N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.
Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA