![]() |
| Brig Gen Ronald Rwivanga |
Kuri uyu wa Mbere tariki 27 Mutarama 2025, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yabwiye RBA ko abantu 35 bakomeretse ndetse bari kwitabwaho mu mavuriro atandukanye.
Ni mu gihe, bikomeje kuvugwa ko hari abandi bantu basaga 30 bakomeretse.
Uyu muyobozi yahumurije abaturage, ababwira ko ingabo z'u Rwanda ziteguye gukomeza kubacungira umutekano.

Comments
Post a Comment
Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.
AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA
N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.
Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA