AMAKURU AHERUKA

Kayonza: Abaturage barasaba ko sitade yubatswe bwa mbere mu Rwanda yavugururwa

 


Mu mateka y'u Rwanda, stade ya Rwinkwavu niyo yubatswe bwa mbere mu Rwanda. Ifite ibigwi byinshi aho umwami wayoboye u Rwanda MUTARA III RUDAHIGWA yahareberaga umupira ndetse akanawukina.


Amakuru URUMURI NEWS ikesha abaturiye iyi sitade n'uko ubu iyi sitade isa nkaho yirengagijwe, nyamara hagaragara urubyiruko rufite impano rukabura uburyo bwo kuzikarishya.


Urubyiruko rurasaba ko Sitade ya Rwinkwavu yavugururwa ikajyanishwa n'igihe







- Sponsored Ads -












Comments

  1. Thanks for reading!
    Don't forget to give us your comment using this section.

    ReplyDelete
  2. Kindly, Subscribe to our YouTube Channel
    http://www.youtube.com/@ZAMUKA

    ReplyDelete

Post a Comment

Kanda ahanditse 'PUBLISH' udusangize igitekerezo cyawe.

AMATEGEKO N'AMABWIRIZA BIRAKURIKIZWA

N.B: Irinde kwandika amagambo arimo ibitutsi, gusebanya cg se kwibasira abandi.

Igitekerezo cyawe kirasuzumwa nyuma y'uko ucyohereje. Murakoze
©️URUMURI NEWS MEDIA